May 17, 2024

Amafunguro ashobora gufasha abagore kugira ikibuno kinini n’ amabere meza

Wagerageje imyitozo yose ibaho ku isi ariko byaranze amabere yawe n’ikibuno ntabwo biva aho biri.Ni byiza ko rero ukoresha amafunguro kugira ngo ubuzima bwawe bunabyungukiremo.

Muri iyi babuza abakobwa n’abagore gukoresha ikizwi nka ‘Surgery’ kubera ko atari byiza nagato k’ubuzima bw’uwabikoze.

ESE NI AYAHE MAFUNGURO AFASHA ?

1. Soya

Bibe amata ya Soya cyangwa ay’ibishyimbo kubazi kubikora (Ayifu), Uko wabifata kose , ikinyamakuru Pulse kigaragaza ko ari ingenzi cyane kubagore bashaka amabere manini n’ikibuno kinini. Ibi bituma Oestrogen irimo ifasha muri uwo murimo.

2. Ibigori

Ibigori burya ni ingenzi cyane k’ubuzima bw’abakobwa n’abagore by’umwihariko abifuza amabere manini n’ikibuno kinini kuko ikigori kiri mu byubaka umubiri.

3. Amashyaza / Amajeri

Burya amashyaza ni ingenzi cyane kuko akungahaye kuri Fat ifasha mukugira ibiro byinshi.

4.Imbuto.

Imbuto zirimo , imineke, inanasi , imyembe , n’ibindi bituma umuntu agira ibiro.Umugore wazikoresheje neza rero abona igisubizo cyabyo.

Ni ingenzi ko umenya ko izimbuto zitazahita zigufasha uwo mwanya ahubwo ko bisaba urugendo.

Src: thecustomreports

©2023 WIKI RWANDA. All rights reserved

×

Like us on Facebook

Share via
Copy link